Menya imbaraga zo Kwizera
Gira uruhare mubikorwa bifite akamaro mu Itorero ryacu
Fata Intambwe Yambere Uyu munsi ugana urugendo rwuzuye Umwuka
UMURIMO WACU
Guhindura abantu abigishwa ba kristo, bakabaho ari abahamya be buje urukundo, no kubwira abantu bose ubutumwa bwiza bw'iteka ryose buboneka mu Butumwa bw'Abamarayika Batatu mu rwego rwo kwitegura Kugaruka kwa kristo kwegereje (Matayo 28:18-20), Ibyakozwe n'Intumwa 1:8, Ibyahishuwe 14:6-12).
UBURYO DUKORESHA
Tuyobowe na Bibiliya hamwe na Mwuka Muziranenge, Abadiventisiti b'Umunsi wa Karindwi tugamije gusohoza uyu murimo tubinyujije mu kugira imibereho nk'iya Kristo, dutanga ubutumwa, duhindura abandi abiigishwa ba Kristo, twigisha, dukiza indwara, kandi dukorera abandi.
ICYO DUHANZE AMASO
Mu cyerekezo gihuje n'ibyo Bibiliya yahishuye, Abadiventisiti b'Umunsi wa Karindwi tubona ko umusoz wa gahunda y'Imana ari ugukomorerwa kw'ibyaremwe byose bikongera guhuza rwose n'ubushake bwayo buzira inenge no gukiranuka kwayo.
"Umwami wacu arakomeye, Ni umunyambaraga nyinshi, Ubwenge bwe ntibugira akagero." Zaburi 147:5

Twandikire ku rubuga cyangwa uze udusure mu Ruhengeri, umujyi uteye ubwoba n'umurwa mukuru w'akarere ka Musanze mu Ntara y'Amajyaruguru.
Ndi Mushya Hano"Ahubwo mubanze mushake ubwami bw'Imana no gukiranuka kwayo, ni bwo ibyo byose muzabyongerwa."
Matayo 6:33
Inkuru Zihindura Ubuzima
Reba Byose
"Ni njye nzira, ukuri, n'ubugingo, ntawujya kwadata ntamujyanye." - Yohana 14: 6

"Nimwinjire mu nzu ya maraya uwo, musohore uwo mugore n’ibyo afite byose nk’uko mwamurahiye." - Yosuwa 6:22



“Now the hand of the Lord is against you. You are going to be blind for a time, not even able to see the light of the sun. Immediately mist and darkness came over him, and he groped about, seeking someone to lead him by the hand. When the proconsul saw what had happened, he believed, for he was amazed at the teaching about the Lord.” – Acts 13:11-12





Nimuvugirize impanda i Siyoni, muvugirize induru ku musozi wanjye wera, abatuye mu gihugu bose bahinde umushyitsi kuko umunsi w’Uwiteka uje, ugeze hafi - Yoweli 2:1





And another angel followed, saying, “Babylonis fallen, is fallen, that great city, because she has made all nations drink of the wine of the wrath of her fornication.” – Revelation 14:8



But you have this in your favor: You hate the practices of the Nicolaitans, which I also hate. – Revelation 2:6.


“If you keep your feet from breaking the Sabbath and from doing as you please on my holy day, if you call the Sabbath a delight and the Lord’s holy day honorable, and if you honor it by not going your own way and not doing as you please or speaking idle words,” – Isaiah 58:13


KWAMBARA KRISTU
“Ahubwo mwambare Umwami Yesu Kristo, kandi ntimuhe urwaho imibiri yanyu ngo ibone uko ikora ibyo yifuza." - Abaroma 13:14


UMUGABO UFITE AMARASO AKIZA
For you know that it was not with perishable things such as silver or gold that you were redeemed from the empty way of life handed down to you from your ancestors, but with the precious blood of Christ, a lamb without blemish or defect. – 1. Pet 1:18-19


Some trust in chariots and some in horses, but we trust in the name of the Lord our God. They are brought to their knees and fall, but we rise up and stand firm. – Psalms 20: 8-9



"Kuko ubuntu bw’Imana buzanira abantu bose agakiza bwabonetse" - Tito 2:11


Kurera umwana ushoboye kandi ushobotse
“Menyereza umwana inzira akwiriye kunyuramo, Azarinda asaza atarayivamo.” Imigani 22:6





“Wihanangirize abatunzi bo mu by'iki gihe, kugira ngo be kwibona cyangwa kwiringira ubutunzi butari ubwo kwizigirwa, ahubwo biringire Imana iduha byose itimana ngo tubinezererwe, kandi bakore ibyiza babe abatunzi ku mirimo myiza, babe abanyabuntu bakunda gutanga, bibikire ubutunzi buzaba urufatiro rwiza mu gihe kizaza, kugira ngo babone uko basingira ubugingo nyakuri.” - 1 Timoteyo 6:17-19



"Uwo muhanuzi kimwe n'umugisha inama, bombi bahwanyije icyaha kandi bazahanwa kimwe." - Ezekiyeli 14:10 (BII)


“Mwibuke yuko abihanganye tubita abanyehirwe.” Yakobo 5:11


Ariko noneho barashaka gakondo irusha icyo gihugu kuba cyiza, ari yo yo mu ijuru. Ni cyo gituma Imana idakorwa n’isoni zo kwitwa Imana yabo, kuko yabiteguriye umudugudu” Abaheburayo 11:16