Kwizera ko mu bihe bidasanzwe

"Kujya mu rugo rurimo imiborogo biruta kujya mu rugo rurimo ibirori, kuko ibyo ari byo herezo ry’abantu bose, kandi ukiriho azabihorana ku mutima we." - Umubwiriza 7:2

Ivugabutumwa 25 Mutarama, 2025

"Kujya mu rugo rurimo imiborogo biruta kujya mu rugo rurimo ibirori, kuko ibyo ari byo herezo ry’abantu bose, kandi ukiriho azabihorana ku mutima we."

Umubwiriza 7:2

Umuhanga witwa Saint Expery yaravuze ati: Umuntu yipima mu bigeragezo no mu ngorane, bivuze ko umuntu nyamuntu amenyekana iyo ibihe bihindutse ingorane ziyongeye, umukristo nyawe uzamubwirwa n'uko azitwara mu bibazo.

Iyo umuntu ari mwiza afite imico n'ingeso byiza akomora k'uwamubambiwe, no mu bihe bibi uzakomeza kumubona nk'intwari. Reka dusabe Imana kutwambika iyo kamere.

Umubwiriza 7:2 Imana yemera ko tunyura mu bigeragezo ishaka kutwigisha no kwigisha abatayemera, dukwiriye guhora tuyisaba imbaraga zo gutsinda.

Niba mwagize ikibazo cg Igitekerezo,

Twandikire ubutumwa bugufi hano hasi

    4 comments

  • | January 25, 2025 at 5:57 pm

    Mwakoze cyane pastor

  • | January 25, 2025 at 7:13 pm

    Kwizera ni umuti mwiza wadufasha kubaho neza muri ibi bihe bishishana

  • | February 1, 2025 at 11:45 am

    Kujya murugo turimo imiborogo kobiruta kujya murugo birimo ibirori ? Ese abagira ibirori cg ababijyamo iki kigisho cyabafasha iki? Mubuzima bwabo bwa Burimunsi?
    Ese ko iyi si izagirwa nshya igatemba amatanubuki kdi ko urugo rurimo Yesu rurangwa nibirori n’ibyishimo biva ku Mana ? Mwabiduhuriza gutwa Niki kigisho?

  • | February 8, 2025 at 11:05 pm

    A very good and powerful sermon , Faith Through Challenges: how we can Discover God’s Love and his Power in this Difficult Times.

    Imana Irusheho idufashe Gusobanukirwa n’ubushake bwayo kuri twe muri iyi mitsi igoye kandi yanyuma .

Leave a Reply to Mizero Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *