Muri icyi cyiro cy’ubusonga : Iyo tuvuze ubusonga abenshi bumva amafanga ariko mu buryo busobanutse neza .Ubusonga ni imibereho yacu yose k’igisubizo cy’ibyo Imana idushakaho byose. Ni ukuvuga ngo iyo umuntu afite imibereho myiza mu by’umwuka aba igisonga cyiza.
Turashima Imana cyane yadufashije kuva North Rwanda Field yabaho kugeza aya magingo. Abizera bo NRF ,bakora bafatanije n’ubuyobozi bw’Itorero.
Every good thing of earth was placed here by the bountiful hand of God as an expression of His love towards humanity.
Ellen. G. White
Imyaka Field yatsinzwe ni umwaka w’2020 na 2021 kuburyo iyo myaka yombi Field yacu yatsinzwe cyane bitewe na Covid-19. Muri make turashima Imana cyane kuko mu busonga Field mu mwaka w’2022 twasoje dutsinda muri 1/10 n’amaturo. Ibyo turabishimira Imana kuko niyo itubashisha kugera ku ntego. Uyu mwaka dusoza w’2023 nawo tuzatsinda mu busonga kimwe n’ituro rya CM twaratsinze. Icyifuzo cyacu nuko n’umusaruro tuzatsinda.
We are all encouraged to be faithful stewards. May the LORD continue to guide us as we all serve in His ministry.


