Jambo ahinduka umuntu
Uwahozeho uhereye mbere na mbere, uwo twumvise, uwo twiboneye n’amaso yacu, kandi uwo twitegereje intoki zacu zikamukoraho, ari we Jambo ry’ubugingo 2 kandi ubwo Bugingo bwarerekanywe turabubona, turabuhamya kandi none turababwira iby’ubwo Bugingo buhoraho, bwahoranye na Data wa twese tukabwerekwa. 3 Ibyo twabonye tukabyumva ni byo tubabwira kugira ngo namwe mufatanye natwe, kuko ubwacu dufatanije na Data wa twese n’Umwana we Yesu Kristo. 4 Ibyo ni byo tubandikiye, kugira ngo umunezero wanyu ube mwinshi.
1 Yohana 1-4
Niba mwagize ikibazo cg Igitekerezo,
Twandikire ubutumwa bugufi hano hasi
9 comments
Tunejejwe n’iki cyigisho cy’Ingenzi@Pastor. Imana iguhe umugisha.
Murakoze Pastor.
Murakoze cyane Pastor,
Imana ni urukundo kuri nge
Imana ni umuremyi wange
Imana yange
Imana niyo nkesha byose
Umutabazi utabura mu kaga no mu mibabaro
Urakoze Manishimwe.
Yesu ashimwe kubw’amagambo meza Ari muri iki kigisho.tubonyeko abigishwa basanze yesu Ari abanyabyabya ark akabaha ubugingo,natwe reka dusange yesu muberarugo nyacyaha bwacu niduca bugufi aratubabarira n’umunyambabazi.Dusoza tubonye amagambonavuga ngo :Hahirwa abasenga byukuri reka imana idufashe kumaramaza muri byose dukora tuyubahisha mw’izina rya YESU amen.
Yesu ashimwe kubw’amagambo meza Ari muri iki kigisho.tubonyeko abigishwa basanze yesu Ari abanyabyabya ark akabaha ubugingo,natwe reka dusenge yesu mubunyacyaha bwacu niduca bugufi aratubabarira n’umunyambabazi.Dusoza tubonye amagambo avuga ngo :Hahirwa abasenga byukuri reka imana idufashe kumaramaza muri byose duhore tuyubahisha mw’izina rya YESU amen.
Mwakoze gutega amatwi. Imana ibahe umugisha.
Imana ishimwe kubw’ amagambo meza akubiye mu cyigisho tugejejweho na Pastor Jotham Abayisenga. Iyo dutekereje ku byiza Imana idukorera uko bwije n’ uko bukeye ndetse n’ ibyo isezerana kutugirira [dore ko atari ibibi ahubwo ari IBYIZA], nari nkwiriye kuba mbona icyo Imana ari cyo kuri njye; ni UMUKIZA, URUKUNDO, ISOKO Y’ IMBARAGA,..NI NZIZA IBIHE BYOSE!
Amen