Imana ni iki kuri wowe?

Cyateguwe na Abayisenga Jotham

Ivugabutumwa 20 Ugushyingo, 2024
Jambo ahinduka umuntu

Uwahozeho uhereye mbere na mbere, uwo twumvise, uwo twiboneye n’amaso yacu, kandi uwo twitegereje intoki zacu zikamukoraho, ari we Jambo ry’ubugingo 2 kandi ubwo Bugingo bwarerekanywe turabubona, turabuhamya kandi none turababwira iby’ubwo Bugingo buhoraho, bwahoranye na Data wa twese tukabwerekwa. 3 Ibyo twabonye tukabyumva ni byo tubabwira kugira ngo namwe mufatanye natwe, kuko ubwacu dufatanije na Data wa twese n’Umwana we Yesu Kristo. 4 Ibyo ni byo tubandikiye, kugira ngo umunezero wanyu ube mwinshi.

Niba mwagize ikibazo cg Igitekerezo,

Twandikire ubutumwa bugufi hano hasi

    9 comments

  • | November 20, 2024 at 6:36 pm

    Tunejejwe n’iki cyigisho cy’Ingenzi@Pastor. Imana iguhe umugisha.

    • | November 21, 2024 at 2:49 am

      Murakoze Pastor.

  • | November 20, 2024 at 7:59 pm

    Murakoze cyane Pastor,
    Imana ni urukundo kuri nge
    Imana ni umuremyi wange
    Imana yange
    Imana niyo nkesha byose
    Umutabazi utabura mu kaga no mu mibabaro

    • | November 20, 2024 at 8:23 pm

      Urakoze Manishimwe.

  • | November 20, 2024 at 8:47 pm

    Yesu ashimwe kubw’amagambo meza Ari muri iki kigisho.tubonyeko abigishwa basanze yesu Ari abanyabyabya ark akabaha ubugingo,natwe reka dusange yesu muberarugo nyacyaha bwacu niduca bugufi aratubabarira n’umunyambabazi.Dusoza tubonye amagambonavuga ngo :Hahirwa abasenga byukuri reka imana idufashe kumaramaza muri byose dukora tuyubahisha mw’izina rya YESU amen.

  • | November 20, 2024 at 8:53 pm

    Yesu ashimwe kubw’amagambo meza Ari muri iki kigisho.tubonyeko abigishwa basanze yesu Ari abanyabyabya ark akabaha ubugingo,natwe reka dusenge yesu mubunyacyaha bwacu niduca bugufi aratubabarira n’umunyambabazi.Dusoza tubonye amagambo avuga ngo :Hahirwa abasenga byukuri reka imana idufashe kumaramaza muri byose duhore tuyubahisha mw’izina rya YESU amen.

    • | November 21, 2024 at 2:51 am

      Mwakoze gutega amatwi. Imana ibahe umugisha.

  • | November 21, 2024 at 9:12 am

    Imana ishimwe kubw’ amagambo meza akubiye mu cyigisho tugejejweho na Pastor Jotham Abayisenga. Iyo dutekereje ku byiza Imana idukorera uko bwije n’ uko bukeye ndetse n’ ibyo isezerana kutugirira [dore ko atari ibibi ahubwo ari IBYIZA], nari nkwiriye kuba mbona icyo Imana ari cyo kuri njye; ni UMUKIZA, URUKUNDO, ISOKO Y’ IMBARAGA,..NI NZIZA IBIHE BYOSE!

    • | November 23, 2024 at 10:51 am

      Amen

Tanga Igitekerezo

Your email address will not be published. Required fields are marked *